Pariki y’Akagera yatangaje ko intare ebyiri muri zirindwi zazanywemo mu 2015, ziheruka gupfa mu mpera za 2023, zizize izabukuru.
Intare zapfuye harimo iyiswe Ntwali yari ifite imyaka 13 na Ngangari yapfuye ku myaka 12, zose zikaba ziri mu zagaruwe muri Pariki y’Akagera, muri gahunda yo kongera kuzigarura mu Rwanda.
Pariki y’Akagera yatangaje ko kuri ubu habarirwamo intare 60 zikomoka kuri izi zirindwi zagaruwemo. Iyi Pariki mu...
Kuva ku ba nyapolitiki, abakanyujijeho muri ruhago, abanyamideli, ibyamamare muri sinema n’abandi batandukanye ubu bari mu Kinigi iwabo b’ingagi aho bitabiriye umuhango wo Kwita...